Indwara y'umwingo

Sobanukirwa by’inshi utari uzi ku ndwara y’umwingo. Uko wayirinda uko wayivuza ndetse ni ibindi. Ikiganiro Dr Musa yagiranye na Mme Egide Bibio rwa Televisiyo y’u Rwanda

Irinde gutwita kutariho

Ni Ryari umuntu yibwira ko atwite kandi ataribyo akabibana ndetse kuzagiza umunsu wo kubyara. Ni mukiganiro Dr Victorien Ndacyayisenga yagiranye na Mme Egidia Bibio wa Televisiyo y’U Rwanda

Kuvira kunda

Ni ryari bavuga ko umuntu yaviriye kunda? nigute bivurwa? kurikira ikiganiro cya Dr Uwiragiye Norbert, inzobere mu nzwara z’abagore

Leave a Reply

Your email address will not be published.